Laurent Gbagbo yagizwe umwere nyuma y’imyaka isaga irindwi afunzwe urukiko rutegekako barekurwa we na mugenzi Goudé
Urukiko mpuzamahanga mpanabyabyaha rwategetsiko Gbagbo na Blé Goudé bafungurwa nyuma y’uko nta gihamya ifatika ubushinjacyaha butanga kubyaha baregwa
Ikirego cya Martin Fayulu cy’uko ngo Tshisekedi yaba yaribye amajwi cyatangiye kwigwaho n’urukiko muri Congo
kumajwi 34 n’ibice 8 ku ijana Fayulu afite ntiyemerako yarushijwe na mugenzi we bari bahanganye ariwe Tshisekedi wabonye amajwi 38 n’ibice 57 ku ijana
Abakobwa 20 barerekeza mumwiherero kuri iki cyumweru-Dore impinduka ziri kugaragara muri MissRwanda uyumwaka
abakobwa 20 berekeje mumwiherero wa MissRwanda2019 kuri iki cyumweru mubyo bazigishwa harimo umuco nyarwanda
Humble Jizzo yavuze impamvu atatumiye mugenzi we baririmbanye mw’itsinda Urban Boyz mubukwe bwe
icyatumye ntamutumira nuko we ubwe yivugiye ngo ntanshuti afite ntaniyo ysgize muri Urban Boyz-Byarambabaje cyane
Dore ibyamamare 20 bikurikirwa cyane kuri instagram kurusha abandi-Shaddyboo arayoboye
Shaddyboo kumwanya wa mbere mubyamamare 20 bikurikirwa cyane kuri instagram
Abanyarwanda bose bahagurutse ngo Josiane akwiye ikamba
Mwiseneza Josiane Yatangiye kumenyekana ubwo hagaragaraga igikomere yari afite ku ino
Umuyobozi wa Banki y’Isi yeguye
3,779 BayisuyeUmunya-Corea Dr. Jim Yong Kim wari Umuyobozi wa Banki y’Isi kuva mu 2012 yeguye kuri uwo mwanya. Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) dukesha iyi nkuru yatangaje ko Dr. Jim Yong Kim yeguye ku mwanya w’Umuyobozi wa Banki y’Isi kuri uyu…
menya byinshi kubukwe bwa Mike Karangwa umenyerewe cyane mu itangazamakuru
umunyamakuru Mike Karangwa agiye kurushinga na Isimbi Mimi Roselyne
Igiciro cya Lisansi na Mazutu cyamanutse
4,905 BayisuyeUrwego ngenzuramikorere RURA rwatangaje ko guhera kuri uyu wa gatanu tariki 04 Mutarama ibiciro bya Lisansi na Mazutu bigabanukaho 119Frw na 109Frw kuri Mazutu ku giciro cyari kiriho. Litiro imwe ya Lisansi yaguraga amafaranga 1132 ubu izajya igura 1013Frw…
Irushanwa ryo gushaka abanyempano bazajya kwiga umuziki
6,720 BayisuyeIshuri rya muzika ryahoze ku Nyundo rikaza kwimukira i Muhanga ubuyobozi bwaryo bwasohoye itangazo risaba abandi bifuza kuhiga ko hari amarushanwa yabagenewe azatangira ejo hagafatwa abagera kuri 50. Bamwe mu itsinda ry’abanyeshuri bigaga mu ishuri rya Muzika ku Nyundo…